Iroma 5

1 Kubera ko twabaye abakiranutsi kubwo kwizera,dufite amahoro hamwe n'Imana kubwa Yesu Kristo Umwami wacu 2 . Kubwe dufite umugabane kubwo kwizera ubwo buntu bwo turimo. Turishima mu ibyiringiro bw'ubwiza bw' Imana. 4 Na none, twishimira mu mibabaro, tuzi ko imibabaro itera kwihangana. 3 Kwihanga bizana kwemerwa kandi kwemerwa kugatera ibyiringiro. 5 Ibyiringiro ntaho bibeshaga, kubera ko urukundo rw'Imana rwasaze mu mitima yacu kubera Umwuka Wera go twahawe. 6 Kubera ko igihe tubuze ntege, Kristo yarapfiriye abanyabyaha birenze mu gihe gikwiriye. 7 Kuko biroroshe ko umuntu apfira umunyakuru kuruta ko apfira umunyabyaha. 8 Ariko Imana itwerekaga urukundo rwayo kuberako Kristo yaradupfiriye tukiri abanyabyaha. 9 Noneho twagizwe abakiranutsi kubera amaraso, tuzarokorwa nawe kuva mu mujinya gukomeye gw'Imana. 11 Kuko niba igihe twari tukiri abanzi, twunzwe n'Imana kubera urupfu rw' Umwana we, none si tuzabura gukizwa tumaze kungwa nawe. 10 Ntaho aribyo gusa, ariko twihambarizaga mu Imana kubwa Yesu Kristo, Umwami wacu, kubera we dufite kwiyunga. 12 None rero nkuko icaha caje mu isi kubera umuntu umwe, niko n'urupfu rwaje kubera icaha. Kandi niko urupfu rwageze kuri bose, bose abakoze ibyaha 13 . Kubera ko kugeza ku mategeko, icaha cari kiri mu isi, ariko icaha nticatwitirirwaga mbere yaco. 14 Ariko, urupfu rwategetse kuva kuri Adamu kugeza kuri Musa, na nyuma yaho, abatarakoze icaha kimeze nk'ica Adamu, uwo akaba yariari ishusho yo uwagomba kuza. 15 Ariko ntaho ariko bimeze kubyerekeye impano y'ubuntu nkuko byerekeye` ikosa, niba kubera ikosa ry'umuntu umwe, benshi barapfuye, none bimeze gute kubyereye ubuntu bw'Imana n'impano iturutse k'ubuntu umwe Yesu Kristo byasagaye ku bwinshi kuri benshi. 16 Ntaho ariko bimeze nk'impano yaje kubera umuntu umwe wakoze icaha. Kubera ko mu uruhande rumwe ucibwaho urubanza rwahindutse gucibwaho iteka, muri urundi ruhande, impano y'ubuntu ivuye ku kugirwa umukiranutsi ni amatunda y' ibyaha kangari. 17 Niba kubera ikosa ry' umuntu umwe, urupfu rwanje kubera umuntu umwe, none si bizaba gute ku abahabwaga ubwinshi bw'ubuntu n' impano ya gukiranuka igihe bazategeka mu buzima kuwa Yesu Kristo wenyine. 19 Kubera ibyo, ngaho kubera icaha c' umuntu umwe bose habaye abanyabyaha, niko bimeze kubwo ugikorwa kimwe c' ukuri, ugukiranuka guha ubuzima ku abantu bose. 18 Nkuko kubera kutumvira k' umuntu bose bahindutse abanyabyaha, niko bimeze ko kumvira k'umuntu umwe, bose bazaba abakiranutsi. 21 Kandi itegeko ryaje kugwiza icaha. Ariko aho icaha kigwiriye, ubuntu bwarushijeho kugwira . 20 Ibi byabayeho kugira ngo, nkuko icaha carategekeye mu urupfu, niko ubuntu bitagekaga kubera gukiranuka kugeza abantu mu ubuzima bw'iteka muri Yesu Kristo Umwami wacu.