Iroma 4

1 None si tugambe iki, Aburahamu sogokuru wacu yabonye ku mubiri? 2 Kuko niba Aburahamu yaratsindishirijwe kubwo imirimo yarifite urwitazo rwo kwihimbaza ariko atari imbere y' Imana. 3 Ariko Inyandiko zigambye iki? Aburahamu yizeye Imana bituma abarwa nk'umunya ukuri. 5 Noneho ku umuntu urigukora, uruhembo ntaho rurukabarwa ngaho ari ubuntu, ahubwo ni deni. 4 No ku umuntu utakoze akazi, ariko akizera Uhaga umunyabyaha ukuri, kwizera kwe kubarwa ngo gukiranuka. 7 Daudi nawe yahaye umugisha umuntu wari wabazwe nk' umukiranutsi nta mirimo myiza ngo: 6 Hahirwa abi ibyaha byabo byabariwe, n'abo ibyaha byabo byatwikiriwe. 8 " Hahirwa, umuntu w' Umwami Yesu atabaraho icyaha". 9 Ugo mugisha guri ku abakaswe gusa cangwa ku abatakaswe nabo? Kuko tugambaga ngo: 10 " Aburahamu zabazwe nk' umukiranustsi kubera kwizera kwe." Aburahamu yabazwe nk' umukiranutsi gute? Mbesi yari yaramaze gukatwa cangwa atari yakatwa? Ntaho yari yarakaswe. 11 Aburahamu yabonye ikimenyetso co gukatwa nka ikashe yo kukiranuka yo yariyarabonye atari yakatwa, kugira ngo abe se w'abizeye bose ndetse n'abatarakatwa kugira ngo babarwe nk'abakiranutsi. 12 Kandi abe se w'abakazwe batakaswe gusa ahubwo bakurikiza kwizera nka data Aburahamu, ukwizera ko yarafite atarakatwa. 13 Nyamara ntaho byatewe n'amategeko ko Aburahamu n'abamukomoka ho bahabe isezeranokugira ngo babe abaragwa b' isi, ariko byavuye ku gukiranuka kubwo kwizera. 14 Kuko niba abaragwa bar' abaragwa kubera amategeko, ukwizera kwabo ntaco kumaze, n' amasezerano gakuweho. 15 Kuko itegeko ribyara umujinya, ariko ahatari itegeko ntaho amakosa ahabaga. 17 Niyo mpavu abaragwa nibo kubera kwizera, bigendanye n' ubuntu kugira ngo iserano risohorere abakomoka kuri Abrahamu, atari gusa abari musi y'amategeko ahubwo n' abari bo kubwo kwizera kwe (data wacu twese, 16 nkuko byanditswe ngo: nakugize se wa amahanga akangari"). Ni data wacu twese imbere y' uwo yizeye, Imana, Itangaga ubuzima k' ubapfuye kandi witaga ibintu bitariho nki ibiriho. 18 Naho ibyabaye byose bivuye hanze byamugezeho, Aburahamu yizeye Imana,kugeza igihe yahawe kwitwa se w'amoko kangari nkuko yari yarabwiwe ngo: " niko urubyaro rwawe ruzaba." 19 Naho umubiri gwe gwarigumaze kunanirwa, Aburahamu ntaho (yari amaze imyaka ijana), na Sara yari amaze kurenza imyaka yo kubyara. 21 Ariko kubera amasezerano g' Imana, Aburahamu ntiyabuze kwizera ngo ashidikanye, ahubwo yakomejwe mu kwizera, ahi Imana icyubahiro ce. 20 Yari yizeye rwose ko ibyo Imana yasezeranije, Izabizahoza. 22 Ibyo bimuviramo gukiranuka. 23 Ariko ntaho ari kubwe wenyine ko byanditswe ngo ibyo byaramwitiriwe. 24 Byanditswe kandi kuri twewe abo ibyo bizitirirwa, twebwe twizeye Uwazuye kuva mu bapfuye Yesu Umwami wacu. 25 Uwo n'uwatanzwe kubera ibicumuro byacu, kandi arazuka kugira ngo tugirwe abakiranutsi.