Iroma 6

1 None si ugambe iki? Dukomeze gukora ibyaha ngo ubuntu bw' Imana bukomeze gusesekara? 2 Reka da, habe na gato. Twebwe twapfuye k' umubiri kubera ibyaha, bu gute twakomeza gukora ibyaha? 3 Ntabwo mumenyaga ko twamaze kubatizwa muri Yesu Kristo, twarabatijwe muri urupfu rwe. 4 Ni ukuvuga ko, twarabambwe nawe mu inzira yo urubatizo no gupfa kwe kugira ngo nkuko Kristo yazutse mu bapfu kugira ngo ahe Data icubahiro, natwe tugomba kugendrea mu buzima bushasha. 5 Kubera ko twaramaze guhuzwa nawe, tugasangira akababaro k'urupfu rwe, tuzaba umwe nawe mu kuzukwa kwe. 6 Tuzi ko kamere yacu yarabambwe nawe , kugira ngo ugu mubiri gw' ibyaha gusenyuke, twere kuba abatumwa b'ibyaha. 7 Iyo umuntu yapfuye abaga avuye m'ubugaragu bw'ibyaha. 8 Niba twarapfuye hamwe na Kristo, turabizi nea ko tuzabana nawe. 9 Kandi tuzi ko Yesu yarazutse akava mu bapfu, ntaho agipfa tena, kandi urupfu nta bushobozi rufite kuri we. 10 Kuko yarapfuye kandi agapfira ibyaha byacu, rimwe rutoki, ariko ariho, ariho kubw' Imana. 11 Namwe niko bimeze ku ruhande rumwe, mwifate nk'abantu bapfuye kubwo ibyaha, ku rundi ruhande, muri abantu bariho kubwo Imana muri Yesu Kristo. 12 Kubwo ibyo rerao, ntimwemerere icaha gutegeka ugu mubiri gwanyu go gupfa kugeza ho gubageza kumvira irari ry'umubiri. 13 Mutatanga ingingo z' umubiri kuba ibikoresho by' ibyaha, ahubwo mwitange mwenyine ko Mana nk' abantu bazima kubera ko kera mwari muri abapfu none mutange ingingo z' umubiri kuba ibikoresho by' ukuri kubwo Imana. 14 Wange ko ibyaha bigutegeka kubera ko ntabwo mukiri munsi y' amategeko ahubwo muri munsi y' ubuntu bw' Imana. 15 None si n'iki? Dukore ibyaha kubera ko tutakiri munsi y' amategeko ngo nuko turi mu ubuntu? Reka da. 16 Ntabwo muzi ko Uwo mwitangiye kuba abakozi be no kumwubaha, miri abakozi be, kandi mugomba kumwubaha cangwa mukera icyaha kiganishaga k' urupfu cangwa kubaha kugezega k' ukuri. 17 Ariko gushima kwanje kuje ku Mana. kuko mwari muri abagaragu b' ibyaha, ariko mwarabushe inyigisho zo mwakiriye bibavuye ku umutima. 18 Mwakuwe mu byaha, none muri abagaragu b'ukuri. 21 Ndikugamba nk' umuntu bitewe n'intege nkeya zanyu kubera ko mwamaze gutanga ingingo z'imibiri yanyu kuba ingaragu z' ibintu bitaboneye no ku ibibi, none rero mutange ingingo z' imibiri yanyu kuba ingaragu zo m' ukuri no kwizera. 20 Kubera ko igihe co mwari muri abagaragu b'ibyaha mwar muri kure y'ukuri. 19 n' izihe mbuto mwari mufite kuri ibyo bintu bya mbere iyo mubyibutse bibateraga isoni? Kubera ko ibihembo byabo ni urupfu. 23 Ariko buno ko mwamaze kuhoborwa kuva mu ibyaha, muri abagaragu b'Imana, imbuto zanyu n' ukwezwa, n' ibihembo byanyu ni ubuzima bw'iteka. 22 Kubera ko ibihembo by' icaha ari urupfu, impano y' Imana ni ubuzima bw'iteka muri Yesu Kristo, Umwami wacu.