1 Yohana 3

1 Reba uko urukundo ry' Imana Data yadukunze uko rumeze kugira ngo twitwe abana bayo kandi koko turibo. Nico gituma abo mw' isi batatuzi kubera ko batamenye Imana Data. 2 Bakundwa, kuva none turi abana b'Imana nubwo bitari byagaragara uko tuzamera. Tuzi neza ko Yesu nagaruka tuzasana nkawe kandi tuzamureba amaso ku maso. 3 Buri muntu wese ufite kwizera muri we agomba kwitunganya kubera ko nawe yitunganyije. 4 Buri muntu ukoraga icaha abakandagiranye itegeko, kandi icyaha ni ugusugura itegeko. 5 Muzi neza ko Yesu yaraje kuduhanaguraho ibyaha byacu kandi muri we nta caha kumurimo. 6 Buri muntu uri muri We ntakoraga icaha, ariko ukoraga icaha ntabwo yamubonye ndetse ntabwo yamumenye. 7 Bana bakundwa, ntihakagire umuntu wo kubazimiza. Umuntu ukorerega m/ ukuti nawe n' ukuri, nkuko Yesu Kristo ariwe ukuri. 8 Ukoraga ibyaha ni wa shetani kuko shetani yakoze ibyaha kuva kera, nico gituma umwana w' Imana yaje kuvanaho imirimo ya Shetani. 9 Umuntu wewe wabyawe n' Imana ntakoraga icaha, kuberako imbuto z' Imana ziri muri we. Ntakoraga icaha kuko yabyawe n' Imana. 10 Ico nico cerekanaga abana b' Imana n' abana ba shetani. Umuntu wese udakiranuka cangwa udakunda mwene se ntaho ari uw' Imana. 11 Ubwo nibwo butumwa numvishije kuva mbere, ngo dukundane twebwe kuri twebwe. 12 ntitumere nga Kaini wavuye ku mubi wo kwica mutoya we. Mbesi yamuhoye iki? Nuko ingeso ze zari zibi ni za mwene nyina zari nziza. 13 Ntimuzatangare, bene data, ko aba isi babangaga. 14 Twebwe tuzi ko twavuye muri urupfu tukagera bu bugingo, kuko dukundaga bene data. Udakundaga wese akoreraga muri urupfu. 15 Udakundaga mwene se ni umwicanyi. kandi muzi yuko nta mwicanyi ufite ubizima buhoraho muri we. 16 Iki ni co kitumeyeshaga urukundo ico arico, nuko Yesu yatanze ubuzima buhoraho muri twebwe. 17 Tugomba natwe kwitanga kuri bagenzi bacu. Ariko ufite ibintu byo muri iyi isi, akareba ko mwene se ari mu bukene, akamufungira umuryango gw; imbabazi, urukundo rw' Imana riri muri we gute? 18 Bana banje bo nkundaga, twere gukunda mu magambo go kuri ururimi gusa ahubwo mu bikorwa no muri urukundo ry' ukuri. 19 Iki nico kuzatumenyesha ko turi abo ukuri kandi ko imitima yacu ifite ibyiringiro muri we. 20 Niba umitima yacu irkuducira urubanza, Imanza ni nkuru kurusha imitima yacu, kandi izi byose. 21 Bakundwa, niba imitima yacu itari guciraho urubanza, dufite icizere muri we. 22 Kandi ico tuzasaba cose azakiduha kuko twubahaga amategeko ge kandi tugakora intu byo kumuneneza. 23 Iri niryo tegeko rye: ko tugomba kwizera mu izina ry' Umwana we Yesu Kristo gukundana, bamwe ku bandi - nkuko nawe yaradukunze. 24 Buri muntu wubahaga amategeko g' Imana, abaga ari muri we. Kuri ibyo tuzi neza ko uri muri twebwe kubera Umwuka yaduhaye.