1 Yohana 2

1 Bana banje batoya, ndabandikiye bino bintu kugira ngo mudakora ibyaha, kandi niba umuntu yakoze ubyaha, dufite Umuvugizi kuri Data ariwe Yesu Kristo Umyakuri. 2 Niwo wenyine Igitambo gikuragaho ibyaha byacu, atari ibyaha byacu twenyine ahubwo ibya abantu bose. 3 Ni twubaha amategeko ge, niho tuzagaragaza ko twamumenye. 4 Umuntu ugambaga ngo yaramumenye ariko atubahaga amategeko ge, uwo ni umubeshi n'ukuri ntabwo kumurimo. 5 Ariko uchungaga Ijambi ry' Imana muri we urukundo rw' Imana Nyakuri, rumirimo kandi bigaragaza ko natwe turi muriwe. 6 Buri muntu ugambaga ngo ari muriye, agomba kugendera mu nzuri yo yagendeye mo. 7 Bakundwa, ntabwo ari itegeko rishasha ryo ndikubandikira ahubwo n' itegeko ryo mwabonye kuva kera kandi iryo tegeko rya kera n' Ijambo ryo mwamaze kwumva. 8 Ibyaribyo byose, na ni rushasha tu. Kandi niko kuri kw' ijambo riri muri mwebwe kubera ko umwijima gwarashije ahubwo umwangaza gwamaze kugaragara. 9 Buri muntu ugambaga ko ari mu mwangaza ariko akanga mwene nyina, aracari mu mwijima. 10 Ukundaga mwene nyina ba ari mu mwangaza kandi naho yapfa gusitira. 11 Ariko uwanganga mwenye nyina ari mu mwijima kandi ugenderaga mu mwijima ntabwo azi iyo arikuva n'iyo arikugana kubera umwijima gwafunze amaso ge. 12 Ndabandikiye mwebwe bana batoya, ibyaha byabya byaramaze kubabarirwa kubwo izina rye. Ndabandikiye namwe badata kubera ko mwaramaze kumenya Uwahozeho kuva kera. Ndabandikiye namwe basore kubera ko mwamaze gutsinda ya ndyandya shetani, namaze kubandikira namwe bana banje kubera ko mwamaze kumenya Data. 13 Naramaze kubandikira mwebwe ba data kubera ko mwaramaze kumenya Uwahozeho kuva Kera. 14 Naramaze kubandikira , mwenwe abasore kubera ko mufite ingufu kandi ko Ijambo riri muri mweebwe kandi ko mwaramaze gitsinda ya ndyandya shetani. 15 Mwere gukunda isi cangwa ibintu byose biyirimo. Niba umuntu akundaga isi, urukundo rw' Imana Data ntabwo rumurimo. 16 Kubera ibintu byose by'iyi isi; irari ry'umubiri, irari ry'amaso, ikuburi c'ubuzima, ntabwo bivaga ku Mana ariko nibyo muri iyi si. 17 Kandi isi izashirana n' irari ryayo, ariko ukoraga ubushake bw' Imana, azahoraho iteka ryose 18 Bana botoya, kino ni igihe ca nyuma kuko mwaramaze kumenya ko antikristo ari kuza. Nyamara, hariho aba antikristo akangari. Kubera ibyo, tumenye ko turi mu gihe ca nyuma. 19 Kandi batuvuyemo kuko ntabwo bari ara abacu. Iyoba bari abacu, tuba twarakomeje hamwe nabo. Ariko ibyo byose byaragaye kugira ngo byemezwe ko ntabwo ari abacu. 20 Kuri mwebwe mwaramaze kuzuzwa biturutse kuri wawundi Uwera kandi mwese ufite ubwenge. 21 Ntabwo ndabandikiye kubera ko mutari muzi ukuri, oya, ukuri murakuzi. Mumenye ko nta ukuri kuvagamo kubesha. 22 Ninde umubeshi? Ni wawundi uhakanaga ko Yesu Atari Kristo. Uwo nguwo niwe antikristo, ahakanaga Data n' Umwana. 23 Umuntu wese uhakanaga Umwana ntabwo aba afite Data, ariko uwemeraga Umwana abaga afite Data. 24 Ariko mwebwe, ibyo mwumvishije kuva ha mbere bibe muri mwebwe, nibikomeza kuba muri mwebwe, muza muri mu Umwana no muri Data. 25 Kandi isezerano yaduhaye n'ubuzma bw'iteka ryose. 26 Nabandikiye bino byose kubera ko babandi bashakaga kubazimiza. 27 Kandi kuri mwebwe kuzuzwa ko mwakwiriye ko mwakiriye bivuye muri we bikomeze kuba muri mwebwe, nta nubwo mukeneye ko babigisha kubera ko kuzuzwa kwe kubigishaga ibintu byose kandi ko Niwe Ukuri akaba atabeshaga, mukomeze kuba muri We mukurikije amagisho go yabahaye. 28 None rero bana batoya, muhagarare bwuma muri we kugira ngo nazagaragara, tuzabe dufite ibyiringiro byo kumureba kanndi nazaza twe kuzakorwa n' isoni na gutabwa hanze. 29 Niba muze ko Ariwe kuri, mumenyeko umuntu wese ukoreraga mukuri yabwawe nawe.