Isura 27

1 Bwenda guca, abatware bakuru b'ubwo bwoko n'abatambyi bakorire inama yo kwita Yesu. 2 Bamubohire no kumugendana k'umutware Pilato, umuyobozi w'iprovense.

3 Yuda wamugambaniye abwenye bamuciriye urubanza aragicuza, agarurira abatambyi bakuru bya bice by'ifeza mirongo ishatu arikugamba ngo: Nakorire icaha kugambanira amaraso gatariho urubanza.

4 Nabo bamusubiza ngo: Ndaco bigambire imbere yetu. Birikukureba. 5 Yuda aterera bya bice by'ifeza mu kanisa agenda kukimanika.

6 Abatambyi bakuru bazitoragwiye barikugamba ngo: Ndo bikwiriye ko zihirwa m'ububiko butungenye kubera ari ibeyi ry'amaraso. 7 Bamarire gutunga inama, bazigurire mo umurima go guhamba mo abashitsi. 8 Nico catumire ugo murima gwahewe ijina ngo ni umurima gw'amaraso kugeza na guno musi.

9 Nizo mburo z'umbuzi Yeremia zashohweye ngo: Bajenye ibice by'ifeza mirongo ishatu kubera ni ryo beyi ry'abatambyi bakuru ba Israeli bashijeho. 10 Bazigurire umurima g'umubumbyi nguko Uhoragaho yategekire.

11 Ubwo Yesu yari ahageze imbere y'abatware bamubazize ngo: Ugambire koko kuri Umwami w'Abayuda? Yesu aramusubiza ngo: Ingo, nguko ubigambire.

12 Ariko igihe abashefu b'abatambyi n'abazehe bamuregire byinshi, Yesu yakiyangiye kubasubiza.

13 Hanyuma Pilato agamba ngo: Ndo urikumva ko barikukurega byinshi, nawe si ndo wokiregura? 14 Ndo yamusubize ni gambo rimwe. Byatumire guverineri yarakara.

15 Mu gihe c'umuzayo, kubera imigenzo, umutegetsi yafunguriraga abari bahwiye umufungwa umwe wo babaga basabire. 16 Kuko hari hariho umufungwa wari wijwi ku zina rya Barabasi.

17 Bamarire guhura, Pilato yababazize ngo: mbafungurire nde? Barabasi cangwa Yesu witwa Kristo? 18 Koko yari abyiji ko bamutangire, bamwangire kubera ishari.

19 Amarire kwikara ku ndebe y'ubuzuzi, umugore we amutumaho ngo: Utagira igambo na rimwe agamba kuri we kuko ar'umunyakuri. Kuko nababezwe n'amagambo ge mu ndoto gerekeye uwo mundu.

20 Nuko abakuru b'abatambyi n'abakuru b'imiryango, boshe abari bahuriye aho ngo: Mushabe Barabasi, Yesu abambwe. 21 Ariko umuzuzi arababwira ngo: Ni nde wo nabafungurira muri banoya babiri? Basubize ngo: Barabasi.

22 Pilato arababwira ngo: Ndakora ki kuri Yesu witwa Kristo? Boshe bamubwira ngo: Abambwe. 23 Kuko yabakoreye ki kibi? Bagumya kugamba ngo: Abambwe.

24 Pilato abwenye ko nda caha yabaga yakorire, induru zibeye kangari, afata amazi akaraba indoke imbere y'ihuriro. Arababwira ngo: Amaraso ge gere kubarwa kuri njewe.

25 Nabo bamusubiza ngo: Gatubeho n'abana betu. 26 Yesu Kristo arakubitwa no gutangwa ngo abambwe.

27 Nuko abasoda bamugendanye kwa Pontio Pilato. Bamukuramo imyenda bamwambika umwenda g'umutuku. 28 Bahambira ikamba ry'imishubi barimwambika m'umutwe, n'urumori ku kuboko kwe k'uburyo, 29 Baramupfukamira barikumunnyega ngo: Ituze Mwami w'Abayuda! 30 Bamuciraho amacanjwe, bafata rwa rumori bamukubitisa k'umutwe. 31 Bamarire kumunnyega, bamukuraho umwenda, bamwambika imyenda ye bagenda kumubamba.

32 Bamarire kuvayo, babwenye umugabo w'i Kurene wo bitaga Simoni. Bamuhatiye kugenda nabo ngo aheke umusalaba gwa Yesu. 33 Bagerire aho bitaga Golgota, bigambire ngo ahandu hari imitwe, bamugnweseze inzoga y'umukurugutira, 34 guvangiremo indurwe ngo agnweho ariko arakiyangira. 35 Bamarire kumubamba, bagabenye imyenda ye. Bakorire ubufindo ngo ibyandikirwe bishohwere nguko imbuzi zabaga zabitangeze ngo: Bagabenye imyenda yanje kandi bayikorireho ubufindo. 36 Bikara aho baramucunga. 37 Bahira heru y'umutwe gwe ibirego bigambire ngo: WUNO NI YESU UMWAMI W'ABAYUDA. 38 Maze abasambo babiri babambwe nawe, umwe m'uburyo n'uwundi m'ugutandi. 39 Abari barigutambuka mu njira bamutukire barikuzunguza imitwe yebo. 40 Bari barikugamba ngo: Weho ubomoraga ikanisa ukayubaka mu misi zishatu! Kikize ubeye uri Umwana w'Imana. Rindimuka ku musalaba.

41 Abatambyi bakuru n'abakarani n'abakuru b'amategeko nabo bamunnyega ngo: 42 Yakizize abandi, ariko ndashobweye kugikiza, abeye ari Umwami w'Abisraeli, akirindimure ku musalaba natwe tumwemere. Yagisingikirize ku Mana, ngaho imukize ibeye imukundaga. 43 Kubera ko yagambire ngo: Ndi Umwana w'Imana. 44 N'abasambo babambirwe nawe nabo bamutukaga guco.

45 Uhereye ku saha ya gatandatu habeyeho umuyobe mu gihugo coshe, kugeza ku saha ya cenda. 46 Maze ku saha ya cenda Yesu yagambire ijwi rireyi ngo: Eli, Eli, lama sabakitani, Mana yanje n'ikihe gitumire wandeka? 47 Abandu bamwe mu bari bahageze aho bamyumvisize, bagamba ngo: arikuyakura Eliya. 48 Ugo mwanya, umwe mu bo arirukanga asikira sipongo ayujwiza inzoga ishariye ku mori yamushomesa.

49 Ariko abandi bagamba ngo: Mumureke turebe ko Eliya arija kumukiza. 50 Yesu arabira n'ijwi rireyi, nyuma aragipfira. 51 Umurere gwabaga gukingirize ahatagatifu gwatanyukire mo kabiri guturukire heru kugeza hashi, isi inyeganyezwa n'umutsitsi, ibibuye birameneka. 52 Amakaburi gafungukire, imibiri kangari y'abatagatifu babaga bapfiye zirazuka. 53 ziviye mu kaburi, bingira mu muji mutagatifu. Yesu amarire kuzuka yabonekeye abandu kangari.

54 Bamarire kubona ugo mutsitsi n'ibyabeye, umukuru w'abasoda b'Abaroma, n'abandi babaga hamwe nawe bari gucunga Yesu, batinye cane, nuko bagamba ngo: Wuno mugabo koko yari ari Umwana w'Imana.

55 Aho aho hari hariho abagore kangari bari baviye i Galilaya, bamuherekeje kugira ngo bamufashe. 56 Hagati yebo hari hariho Maria w'i Magdala, Maria mama wa Yakobo na Yosefu na mama w'abahungu ba Zebedayo.

57 Ha mugoroba hija umugabo w'umukire witwa Yosefu w'i Arumatayo. Uwo yari umwanafunzi wa Yesu. 58 Agenda kwa Pilato gushaba umubiri gwa Yesu. 59 Yosefu yafatire umubiri, aguzingira m'umwenda g'umweru. 60 Aguhira mu kaburi ko yari yari yitayarisirize mu kibuye. Nuko ahira ho ibuye rinini ku bwinjiro bw'akaburi, maze arakigendera. 61 Maria w'i Magdala n'uwundi Maria baribikeye aho barikureba ku kaburi.

62 Ng'ejo, gwari umusi gwo gutayarisa isabato, abakuru b'abatware, b'abatambyi n'Abafarisayo bagenda kwa Pilato. 63 Nuko baragamba ngo: Mutware, twibukire ko wa mubesi atari yapfa, yagambire ngo akazuke nyuma y'imisi ishatu. 64 None uhireho abarinzi bo gucunga akaburi kugeza k'umusi gwa gashatu. Kugira ngo abanafunzi be batakamwibe, nyuma bakabesa ko yazukire. Ubwo bubesi bwa nyuma bukabe bubi gusumba ubwambere."

65 Pilato arababwira ngo: Namwe mufite uburinzi bwenyu, mugende, mumucunge nguko murikugifuza. 66 Baragenda, bahiraho abazamu, bacunga akaburi, nyuma yaho guhira ikimenyetso ku buye.