Isura 22

1 Hanyuma ya gano magambo Imana ipima Abrahamu. Ibwira Abrahamu nawe arasubiza ngo: Ndihano. 2 Fata umwana wawe, umwana umwe gusa owu ukundaga, Isaka mugende mu gihugu ca Moria umuturemo isadaka yakutoswa hejuru yu musozi nkakwereka. 3 Abrahamu azinduka kare kare mukajorojoro. Ashira imikaba ku pundaho we na muhungu we, umwana umwe wonyine, yasa inkwi zo igitwikiro co gutwikiraho isadaka aragenda iyo Imana yamwerekire. 4 Umusi gwa gatatu Abrahamu arebye araba aho hantu ari kure. 5 Abrahamu abwira muhugu we ngo, ube hano hamwe n' ipunda,na nyowe na muhungu wa nyowe turagendayo ,turasengerayo nyuma tugaruke. 6 Abrahamu afata inkwi za hagitwikiro azikorera Isaka muhungu we ,afata umuriro n' indiga mu ntokeze, bagenda ari bombi gusa. 7 Isaka abaza se ,Abrahamu ngo:Papa sen ngo:Ndihano mwana wanje ,agamba ngo:Dufite umuriro ,nimkwi none intama yo gushira hagitwikiro irihe? 8 Abrahamu aramusubiza ngo Imana iriha intama yisadaka yo kotswa maze bagendea ko nibombi. 9 Bagera ahantu Imana ya mubwiye ,Abrahamu yubaka igitwikiro aho ashiraho inkwi ,aboha umwana we Isaka hejuru zo gutwikisha . 10 Abrahamu afata igisu ngo,abaga umwana we. 11 Maze Maraika w'Imana amwakura ari mwijuru ngo Abrahamu Abrahamu nawe ngo,ndihano 12 Utakora haruwo mwana cangu ngo ugire ico umukora,kuko menye ko utinyaga Imana ,kuko utayanze kumpa umwana wawe ,umwana wikinege. 13 Aburahamu yubur'amaso ,arareba,abon'inyama ye imfizi y'intama,amahembe yay'afashwe mu gihuru:Aburahamu aragenda,yenda ya ntama ,ayitamba hw igitambocyowa mu cyimbo cy'umuhungu we. 14 Aburahamu yit'aho hantu Yehovah-yire,nkuko bavuga na bugingo n'ubu bati:ku musozi w'uwiteka kizabonwa. 15 Maze maraika w'Uwiteka aronger'ahamagara Aburahamu,ari mw ijuru, 16 Aramubgir'ati:Ndirahiye,ni kw'Uwiteka avuga,ubg'ungenjej'utyo,ntunyim'umwana wawe w'ikinege, 17 Yuko no kuguh'umugisha nzaguh'umugisha no ugwiza nzagwiz'urubyaro rwawe n'inyenyeri zo mw ijuru,kandi ruhwawe n'umusenyi wo mu kibaya cy'inyanja,kandi ruzahindur'amarembo y'ababisha barwo. 18 Kandi mu rubyaro rwawe ni mw'amahanga yose yo mw is'azaherw'umugisha,kuko wanyumviye. 19 Aburahamu asubir'ahw abagaragu be bari ,barahaguruka,bajyan'i Beeri-sheba;agezayo arahatura. 20 Hanyuma y'ibyo abgira Aburahamu bati:Na Milika yabyaranye na mwene so Nahori abana. 21 Imfura ye ni Usi,hakuriraho Buzi murumuna we,na Kemueli se wa Aramu, 22 Na Kesedi na Hazo na Piludashi na Yidilafu na Betueli. 23 Betueli yabyaye Rebeka:abo,ukw ar'umunani,Miluka yababyaranye na Nahori mwene se wa Aburaham. 24 Ishoreke ye yitwa Reuma,na yo yabyaye Teba na Gahamu na Tahashi na Maaka.