Isura 21

1 Uwiteka agendera Sara nkuko yavuze,Uwiteka agirira Sara ibyo yasezeranije. 2 Sara asam'inda y'Aburahamu ashaje,babyaran'umuhungu igih'Imana yamubgiye kigeze. 3 Aburahamu yit'umuhugu yabyaye Isaka,uwo yabyaranye na Sara. 4 Aburahamu akeb'Isaka umuhungu we,amaz'iminsi munan'avutse,ukw Imana yamutegetse. 5 Aburahamu yabyay'uwo muhungu we Isaka,amaz'imyak'ijana avutse. 6 Sara aravug'at:Imana iranshekeje,abazabyunva bose bazasekana nanjye. 7 Ati:Ni nd'uba warabgiy'Aburahamu yuko Sara azons'abana?ko mmubyariy'umihungw ashaje. 8 Umwan'arakur'aracuka:ku munsi Isaka yacukiyeho Aburahamu ararik'abantu beshi ,arabagaburira. 9 Sara abon'umuhugu wa Hagari Umunyegiputakazi,uwo yabyaranye na Aburahamu,abaseka. 10 Ni cyo cyatumy'abgira Aburahamu at:Send'uyu muja n'umuhugu we,kuk'umuhungu w'uyu muj'atazaraganwa n'umuhungu wanjye Isaka. 11 Ibyo by'uwo muhungu we bitera Aburahamu agahinda kenshi. 12 Imana ibgira Aburahamu iti:We kugirir'uwo uhungw agahinda n'umuja wawe:ibyo Sara akubgira byos'imwimvire:kuko kuri Isaka ari h'urubyaro ruzakwitirirurwa. 13 Kand'umuhungu w'uwo muja na we nzamuhindur'ubgoko,kukw ar'urubyaro rwawe. 14 Aburahamu abyuka karekare, agenda na n'umutsima n' uruhu rw'amazi. Abiha Hagari abishyira k' urutugu rwe, amuha n'uwo mwana, aramwirukana. Nagari aragenda, awayawaya m' ubutayo bw'i Beeri-sheba. 15 Amazi gamarire gushira muri rwa ruhu, yateye umwana we musi y'igihuru caho. 16 Aragenda, yikara kure gatoya ye, nk'aho umuntu yaras'umwambi: kuko yibwiraga ngo : ndaho ndenda kureba k' urupfu rw' umwana nazeye. Yikara amwerekeye,apandisha ijwi hejuru, ararira. 17 Imana yumv'ijwi ry'uwo muhugu;maraika w'Imana,ari mw ijuru ,ahamagara Hagari aramubaz'ati:Ubay'ute,Hagari?witinya kukw Imana yumviy'ijwi ry'uwo muhugu ,ahw ari. 18 Haguruka byuts'umuhungu ,umufate mu maboko ;kuko nzamuhindur'ubgoko bukomeye. 19 Imana muhumura amaso, abon'iriba; aragenda,avom'amazi yuzuye ya mvumba,ayaramiz'umuhungu we. 20 Nukw Imana ibana n'uwo muhungu,arakura;atura mu butayu,ab'umurashi. 21 Aba mu butayu bg'i Parani; nyin'amusabir'Umunyegiputakazi. 22 Muri ugo mwanya, Abimeleki ari hamwe na Pikoli, umukuru w'abasoda be, agambana na Aburahamu ngo: Uhoragaho aberaga nawe mu bintu byose ukoraga. 23 Urahire hambere ya nyowe guno musi, ko utakambeshe cangwa abana, cangwa abuzukuru ba nyowe. Undahirie nyowe, n' ubutaka utuyeho ko ukatubere umugnwanyi. 24 Niko Aburahamu aragamba ngo: ndabyemeye. 25 Aburahamu nawe abuburira Abimeleki Ku byerekeye igisima co yari yicu, kuriye, ariko abakozi ba Abimeleki bakakimwaka. 26 Abimeleki aramusubiza ngo: Ndo nomenya uwakorire ibyo kubera ndo wabimbiye hambere, guno niho mbyumvishije. 27 Aburahamu yafashe intama n' ibimasa no kubiha Abimeleki. Guturuka ugo musi bakoranye indagano. 33 Aburahamu atera igiti citwa tamariski who I Beerisheba, ahaturura igitambo k' Uhoragaho, Imana y' igihe byose. 34 Aburahamu yagumye kuberaho ng' umushitsi mu ubutaka bya Abafilistini imisi akangari.