Isura 1

1 Mu ndangiro Imana yaremye amajuru n' isi. Isi yari ndako imerire kandi urimo busha. 2 Umuyobe gwari guri heru y'umwobo mureyi, ariko Umuka gw'Imana gwari gutandareze heru y'amazi. 3 Imana yagamba ngo: Habeho umwanganza, niko umwanganza gubaho. 4 Imana yabwenye ko umwanganza guboneye. Nuko Imana itanya umwanganza n'umuyobe. 5 Imana yita umwanganza umutaga naho umuyobe agwita ijoro. Habaho umugoroba n'igitondo. Nigo musi gwa mbere. 6 Imana iragamba ngo: Umwanganza gubeho hagati y'amazi n'agandi kangari. 7 Imana ihiraho ugo mwanya kandi igabura amazi gari hagati y'ugo mwanya n'agandi heru yago. Niko byabeye. 8 Imana yayitire ugo mwanya ijuru. Habaho umugoroba n'igitondo, guba ku gwa kabiri. 9 Imana igamba tena ngo: Amazi gari hashi y'ijuru gikusanywe mu bwimbo bumwe, n'ubutaka byumire bubeho. Niko byabeye. 10 Imana yita ubutaka byumire isi n'aho amazi gikusanyije yahitire ingezi. Abona biboneye. 11 Imana igamba ngo: Mu butaka haturukemo ibyatsi: ibiti bibyaraga imbuto, ibiti bibyaraga amatunda garimo imbuto, ibiti by'ubwoko bwoshe. Niko byabeye. 12 Ubutaka bumeraho ibiti n'ibyatsi, imbuto za buri bwoko, n'ibiti bihekire amatunda garimo imbuto. Imana yabwenye ko byoshe biboneye. 13 Habaho umugoroba n' igitondo, guba umusi gwa gashatu. 14 Imana iragamba ngo: Habeho umwangaza mu juru go gutanyisa umusi n'ijoro kugira ngo gubere ikimenyetso c'ibihe, imisi n'imyaka. 15 Bibe imyangaza mu joro yo kuangaziya isi. Niko byabeye. 16 Imana yaremire imyangaza zibiri, umwangaza munini go gutegeka umutaga, na munnyori ngo gategeke umuyobe. Yaremire tena inyenyeri. 17 Imana yazihize mu juru ngo zirebeshe ubutaka. 18 Ngo zitegeke umutaga n'ijoro no gutanya umutaga n'umuyobe. Imana yabwenye ko byose biboneye, 19 Umugoroba gurija, hanyuma buraca, guba ku gwa kane. 20 Imana yagambire ngo: Amazi gujwiremo ibiremwa kangari, kandi inyoni zitambe heru mu juru. Imana yaremye ibisimba binini biberaga mu ngezi, 21 Imana irema ibisamaki binini buri kimwe mu muryango gwabyo, n'ibisimba bigenderaga mu mazi kandi abyujwiza mu mazi. Irema n'inyoni zifite amababa buri bwoko. Imana ibona biboneye. 22 Imana yabiheye umugisha irikugamba ngo: muzare, mube kangari, mwujwize amazi g'ingezi n'inyoni zujwire k'ubutaka . 23 Umugoroba gwabeyeho, buraca, guba ku gwa tanu. 24 Imana iragamba ngo: Ubutaka buzare ibizima biriguhemuka bure bwoko: amatungo, ibiyoka, ibisimba byo k'ubutaka, bukurikije ubwoko bwabyo. Ni guco byabeye. 25 Imana irema ibisimba byo k'ubutaka buri muryango, amatungo gakurikije ubwoko bwago, ibiyoka byo ku taka bikurikije ubwoko. Imana ibona biboneye. 26 Iragamba ngo :Tureme umundu mu sano yetu, ngo atageke isamaki zo mu mazi, inyoni zo mu kirere, amatungo, ubutaka byoshe, n'ibiyoka bikururukaga ha ubutaka. 27 Imana irema umundu usana nayo, yamuremire ku sano yayo, umugabo n'umugore niko yabaremire. 28 Imana yabeye imigisha no kubabwira ngo: Muzare, mukiyongere, mwujwize ubutaka kandi mubutegeke. Mutegeke isamaki zo mu mazi, inyoni zo mu kirere na buri gikururukaga ha butaka, n'ibiti by'amatunda bifite imbuto, nibyo mukarye. 30 Buri gisimba ha butaka, buri nyoni yo mu kirere, buri igikururukaga kandi gifite ubuzima, kikarye ibyatsi. Niko byabeye. 31 Imana ibona byoshe yaremire biboneye. Bwagorobire, buraca. Guba ku gwa gatandatu