Isura 2

1 Hagati y'abantu ba Isreli habeyeho imbuzi z'ababeshi, kandi no hagati yanyu hakabemo abigishaga ububeshi. Bakayije n' ibyigisho zo kwanganisha, bakahakane uwabitangiye, Kristo, bakigwisheho kurimbuka kwa vuba. 2 Akangari bakabakurikire m'ubuyobe bwabo, kandi inzira y'ukuri ikatukwa kubera bo. 3 Kubera kwifuza kwabo, bakabonereho ifaida, kubera amagambo go bakabe barigukoresha. Gutsindwa kwabo ndo kukatinde, kandi gushira kwabo ndo kukaryame. 4 Kubera ko Imana ndo yaretse malaika bakosheje, ahubwo yabagogomeje mu cobo kireyi cujwiyemo umuyobe, ibarindirije gutsindishwa n'urubanza. 5 Ibeye itaretse isi ya kera, ahubwo igakiza Nowa, we wa munane, wari ari intumwa yo kutabera, igihe yazanaga umwuzure ku si y' inkozi z'ibibi, kandi ayiciraho iteka ryo gusenywa 6 no guhindurwa itazi imigi ya Sodomo na Gomora, kugira ngo ibere inkozi z' ibibi akangari umufano. 7 Kandi niba yararokoye Loti w'intungane wari yakandamijwe cane n'imyifatire y'abo bantu batagiraga ubwoba bwo gukora ibyaha. 8 Kubera ko iyo ntungane, yari ituye hagati yabo batatumaga umutima gwe gukiranuka na gatoya kubera ibyo yabonaga kandi yumvaga ku mirimo yabo y'ubugome. 9 Imana yiji gukiza abantu baboneye mu bigeragezo, no kurekaho ababi kugira ngo bahanwe k'umusi go guhanwa. 10 Bino bikagwe ku bagenderaga cane m'umubiri, basunikirwe n' irari ribi kandi bagasuzugura ubutegetsi. Abo nibo bihangange n'abagambaga ukuri batari gutinya gutuka abo kubahwa. 11 Kandi ko malaika bakuru mu ngufu no m'ubushobozi, ndo bihambadiste kubacira urubanza rwo kubatuka hambere y' Imana. 12 Ariko bo basana ng' ibisimba badafite ubwenge, biheye ibyo bifuzaga bya kamere kandi bavukuye gufatwa no kubagwa. Bagambaga barigutukana, mubyo batazi. Bakarimburwe bazize ubupfu bwabo bonyine. 13 Guco babone umushahara guhuye n' amakosa gabo. Bashimiraga no kudamararira mu misi z' ibyishimo, ni abantu bamwaye, banduye, bishimishaga n'ububeshi bwabo, 14 bashakaga gusangira namwe ibibineye. Bafite amaso yujwiyemo ubusambanyi, ndo bahagaga ibyaha, bashukashukaga ab'imitima idakomeye, bafite imitima yamenyereye kurya byinshi. Ni abana bavumwe. 15 Bamarire guta inzira isororotse, bazimiye, bakurikiye inzira ya Balama muhungu wa Beori wakunze umushahara gw' ibibi. 16 Yahaniwe amakosa ge, ipunda itavugaga yafunguye umuntu nomkugamba ng' umuntu kugiro ngo ihagarike imburo ze z' ubupfapfa. 17 Abo bantu n'amasoko gatarimo amazi, n'ibicu bisunikwaga n'inkubi y'umuyaga, babikiwe umuyobe go mu joro hagati. 18 Bavugaga amagambo yujwiyemo ubwirasi, bayobowe n'irari ry'umibiri, n'ibikorwa bimwajije, babikoraga benda guhabya abamarire kuzimira. 19 Babaraganiraga ubuhur kandi nabo ari ababoyi b'ibyo badashibweye . 20 M'ukuri, umuntu abeye yakijiwe umucafu gwa yino, yamenye tayari Umwami wacu Yesu Kristo, hanyuma akabigarukira, kugwa kwabo ko hanyuma kukabe ari kubi gusumbya hambere. 21 Kuko icari kuba kiboneye kuri bo, yabeye batamenye na rimwe inzira yo gutungana, aho guhindukira bakava mubyo bemeye, kw'itegeko ritunganye bari bahewe. Kubaho kwabo ko hanyuma kurushije ububi ubwo hambere. 22 Nigo umugani bacuze gubashohwereyeho ngo : " Reba, imbwa isubiye ku birutsi byayo, n'ingurube isubiye tena kwivuruguta mu byondo.