Isura 5

1 Were gucaha bikomeye umukambwe. Ahubwo umuhugure nkaho ari umubyeyi, wibutse abasore nkaho ari bene nyoko. 2 Abagore bakuze nkaho ari ba nyoko n'abagore batoya nkaho ari bashiki ba wowe. 3 Wubahe abapfakazi ba kweli kweli. 4 Niba umupfakazi afite abana cangwa abuzukuru, babigishe hambere ya byose kubonerera imiryango yabo, no gukorera ababazeyr nkuko babyigishijwe, kuko ibyo ari byiza hambere y' Imana. 5 Umupfakazi was kweli kweli yiringiraga Imana kandi agahoraga arigusenga. 6 Ariko umupfakazi uberagaho gushimisha umubiri abaga yapfiye era naho abaga arikurebekana nkaho ari muzima 7 Ubabwire gano magambo gose kugira ngo babe abo kwizerwa. 8 Umuntu udashobweye gucunga abo mu nzu ye, yararetse kwemera, yaguye , kandi aruswe n' umupagani mubi. 9 Kugira ngo umupfakazi yemerwe mu bandi bapfakazi, agomba kugira imyaka mirongo itandatu cangwa kurenzaho kandi akaba yari atunzwe n' umugabo umwe gusa, 10 abe yarakoze imirimo iboneye, yaracunze neza abana be, yakiraga abashitsi, yubahaga abakristo, afashaga abafite agahinda, akoraga iciza cose. 11 Ariko wange kwandika abapfakazi bakiri batoya, kubera ko nibaha imibiri yawo mu byiza by' iyi si barikwitandukanya na Kristo, bachaguwe gusohozwa. 12 Bakaba biciriye urubanza kubera ko batubahirije amasezerano yo hambere. 13 Kubera ibyo, baburire ico bokora, bakawayawaya barikuva mu nzu no kwinjira mu zindi kandi bakagambagura amagambo g' ubupfu. 14 None rero, ndiguteka ko abapfakazi bakiri batoya basohozwa, bagire abana, bacunge ubuzu bwabo, kugira ngo bere guha umwanzi akayira ko kudutuka ko turi mu nzira zitaboneye. 15 Kuko bamwe basubiye inyuma, bakurikira shetani. 16 Niba uwizeye ari umugabo cangwa umugore, abafashe, kugira ngo abapfakazi bere kubera ikanisa umuzigo, kandi naryo rikabone gufasha abandi bapfakazi badafite uwo kubafasha. 17 None rero ndigushaka ko abazehe bayoboraga neza babona icubahiro kari kabiri cane cane abakoraga umurimo go kuhubiri no kwigisha. 18 Kuko Igambo ry' Imana rigambye ngo, " were gufunga umunnywa gw' inka irikurisha." kandi ngo" Umukozi akwiriye umushahara gwe." 19 Were gupima kwemera ko bakuregera umukuru keretse hariho abahamya babiri cangwa batatu 20 Kosora abakorire ibyaha ku karubanda, kugira ngo n'abandi bashatse gukora ibyaha, bagire ubwoba. 21 Ndakubwiye nkomeje hambere y' Imana ya Yesu Kristo n'amalaika bateranyijwe ngo ukurikize bino bintu ngo were kubikikira cangwa were guca urubanza rwa rushwa . 22 Were kurambura ibinabiro ku muntu vuba vuba, kandi were gukora ibyaha, ahubwo wicunge. 23 Were kugumya kugnwa amazi gusa, ahubwo ugnwe ka vino gakeya kubera indwara yawe bw' igifu no kutagubwa neza. 24 ibyaha by'abantu bamwe birabonekanaga hambere yuko botsindwa n' urubanza. Naho ibindi biza kumenyekana hanyuma. 25 Ubundi, ibikorwa biboneye biramenyekanaga, ni ibitamenyekana bikahishurwe.