Isura 28

1 Nyuma y'isabato, mu gitondo c'umusi gwa mbere gw'icumweru, Maria w'i Magdala na Maria wundi bagendire ku kaburi. 2 Reba! Maze umutsitsi gwanyeganyize isi kubera ko malaika w'Umwami Mana yari agogomire aviye mu juru yijire guhirika ibuye, maze aryikara ho heru. 3 Yasanaga n'umurabyo, kandi yambeye umwenda gusana n'urubura. 4 Abazamu batitiye kubera ubwoba bahinduka ng'abapfiye.

5 Ariko malaika yafatire igambo arikubwira abagore ngo: Mwewe, nyiji ko murikwenda Yesu wabambirwe. 6 Ndo akiri hanoya, yazukire, nguko yari yagambire. Mwije mukirebere aho yari aryamisizwe.

7 Nuko mukihute, mubwire abanafunzi be ko yazukire mu bapfiye, kandi reba, atekubatanga i Galilaya. Iyo niho mukamusange ndabibabwiye.

8 Baviye mu kaburi bariguturuka, bapfiye ubwoba kandi bisimire. Nuko bayirukire bacurira abanafunzi ugo mwaze. 9 Nuko Yesu yahwiye nabo, yagamba ngo: Mbaramukize, mugire ituze. Bamwegeye barikugira ngo bafate ku bisando bye, ngo baramuramye. 10 Nuko Yesu yababwiye ngo: Mwere gutinya, mugende mubwire bene Data ngo bije i Galilaya kuko niyo bakambonere.

11 Bakiri mu njira bamwe mu ba bazamu, bingira mu muji, bacurira abatambyi bakuru ibyabeye byoshe. 12 Bamarire guhura n'abazehe no gucura inama, baheye abasoda amakuta kangari. 13 Babwiraga ngo mugambe ko abanafunzi be bijire mu joro bamwiba twewe dusinziriye. 14 Kandi umutegetsi wa provense abyumvisize, twewe tukamuhoze tubakure mu shida. 15 Abasoda bafatire amakuta nuko bakurikiza ibyo bategekirwe gukora. Nuko umwaze gukwira mu gati y'Abayuda kugeza bunoya.

16 Abanafunzi cumi n'umwe bagendire i Galilaya, ha musozi go Yesu yari yaberekire. 17 Bamubwenye, baramuramya. Ariko bamwe mu bo batemera. 18 Yesu amarire kubaba hafi, yababwiye guca ngo: Ubushobozi bwoshe nabuhewe mu juru no ku si. 19 Mugende, muhindure abandu boshe abanafunzi, mubabatize mu jina rya Data, ry'Umwana ni ry'Umuka Guboneye. 20 Kandi mubigise kugitondera ibyo nabategekire byoshe. Kandi, Murebe! Ndi hamwe na mwewe imisi yoshe kugeza ku nyusirizo y'isi.