Iroma 2

2 Nico gituma utari uwo kubabarirwa, weho muntu uciraga imanza abandi. Igihe ubaga urigukora ibyo, ubaga urikwicira urubanza. Kuko weho uriguca urubanza kandi urigukora ibisana nabyo. 1 Ariko tuzi yuko, urubanza rw'Imana ari urw'ukuri kuri bose abakoraga bene nkibyo. 4 Kubera ibyo, weho uciraga imanza abakoraga nkibyo, ariko nawe ukaba ubikoraga, utekerezaga ko uzakira igihano c' Imana? 3 Cangwa usuzuguraga ubutunzi bwo kugiraneza kwayo? imbabazi zayo, kwihangana kwayo, utamenya ko ubwiza bwayo, kugira neza kw'Imana ariko kukugezaga ku kwihana? 7 Ariko nuko kutihana kwawe, no kwinangira umutima, wirindirije umujinya ku musi w'urubanza rw'Imana. 6 Kubera Imana izariha buri wese ikurikije ibyo yakoze. 5 Abashaka icubahiro, ubwiza, kutabora, n'ubuzima bw'iteka, babishakishe gukora ibiboneye bataruhuka. 8 Ariko, abikunda, batubaha ukuri, ahubwo bakagendera mu byaha, umujinya, 9 agahinda gakomeye, n'ibyago birenze, ibyo ni byo izateza buri muntiu ukora ibyaha, utangiriye ku muyuda ukagera no ku batari Abayuda. 10 Ariko, amahoro, icubahiro no guhimbaza bibe kubakora ibyiza, utangiriye kumuyuda ukageza no kubandi. 11 Kuko Imana itagiraga aho ihengamiraga. 12 Nukuvuga ko abazakora ibyaha batazi amategeko, bazahanwa badahowe amategeko, kandi abazakora ibyaha bazi amategeko, bazahanishwa amategeko. 14 Kuko abumvaga amategeko ntaho aribo babonereraga Imana, ahubwo abagashiraga mu bikorwa. 13 Kuko iyo abapagagani batagiraga amategeko g'Imana iyo bakoze ibyamategeko kubwabo gusa bibahindukiraga amategeko naho batagagiraga. 16 Muri ibyo, berekanaga ibikorwa bisabwa n'amategeko yanditswe mu mitima yabo, n'ubwenge bwo kwibutsa bwabo, buhamya n'ibitekerezo byabo bibaregaga cangwa bibareguraga 15 ku musi gw'Imana izacirurubanza ibikorwa by'abantu bihishwe ikoresheje amahubiri ganje muri Yesu Kristo. 20 Niba wiyitaga Umuyuda, ugahagararira ku mategeko kandi ukishimira cane Imana, 18 ukamenya ibyo Ishaka, ugatandukanya ibintu, kandi warigishijwe n'amategeko; 19 Niba wizeraga ko uri umuyobozi w'impumyi, urumori rw'abari mu mwijima, 17 uwerekaga inzira abapfapfa, n'umwigisha wabandi, wizeraga ko ufite ubumenyi n'ukuri kw'amategeko, 21 None niba wigishaga abandi, kuki utiyigishaga weho wenyine? Wigishaga abandi kutiba, weho si ntiwibaga? 22 weho wigishaga abandi ngo ntibasambane, ntusambanaga? 24 Weho wangaga ibishushanyo, ntaho wibaga mu ikanisa? Weho wirataga wishimiye amategeko, ntaho usuzunguza Imana igihe urikuzambya ago mategeko? 23 Kubera ko Izina ry' Imana risuzungurwaga mu abapagani kubera weho, nkuko byanditswe. 27 Ni koko, gukatwa bifite ukamaro kuri weho iyo urikubabaha amategeko, ariko nuzumbya amategeko, gukatwa kwawe kuba kubaye kudakatwa. 25 Mbesi niba utarakaswe yubashe amategeko, kudakatwa kwe ntikuzamuhwanywisha n' abakatswe? 26 Utarakatswe ku mubiri, ariko akubaha amategeko, ntazagucira urubanza wowe uzambyaga amategeko kandi uzi ko ganditswe uko wanarakaswe? 28 Noneho, Umuyuda nyakuri n' umuntu wese wakaswe imbere mu mutima bitari ku mubiri. 29 Kuko gukatwa nyakuri ari uko mu mutima, binyuze mu myuka, bitari iby Inyandiko. Gushimwa ku umuntu umeze gutyo ntaho bivaga ku abantu, ahubwo bivaga ku Imana Rurema.