Iroma 14

1 Mwakire ufite intege nkeya mu kwizera, kandi mutacirana imanza ku ibibazo ibyari byo byose. 2 Mu uruhande rumwe, umuntu umwe aryaga byose, ariko muri urundi ruhande, uwundi muntu yirirag imboga gusa. 3 Uryaga byose atahinyura utaryaga byose, kandi utaryaga byose atacira imanza uryaga byose. Kuko Imana yaramwemeye. 4 Weho urinde, uciraga urubanza umukozi w' abandi? Niba ahazgae neza cangwa aguye, ibyo birikureba umukoreshaga. Ariko, azahagarara kubera ko Umwami ashoora kumuhagarika. 5 Muri uruhande rumwe umuntu umwe abonaga umusi gumwe guruta ugundi, ariko undi muntu agafata imisi yose kimwe, mureke umuntu wese yemezwe n' umutima gwe. 6 Uwubahirizaga umuntu abikoraga kubera Umwami, kandi, uryaga urayaga kubera umwami, kuko abaga urigushisha Imana. Utaryaga yangaga kurya kubera Umwami, nawe abaga ari guhimbaza Imana. 7 Kuko ntawe muri twewe ubagaho kubwe kandi nta n'upfaga kubwe. 8 Kuko niba turiho, turiho kubwo Umwami. Kandi niba dupfuye, dupfuye k' ubwo Umwami. Bityo rero niba turiho cangwa dupfuye, turi abo Imana. 9 Kuko kubera iyo mpamvu, Kristo yarapfuye anongera kubaho kugira ngo ategekere ica rimwe abapfuye n'abazima. 10 Nawe si ni kuki uciraga mwene so urubanza? Nawe si ni kuki ugayaga mwene so? Kuko twese tuzagarara imbere y' intebe y'urubanza y'Imana. 11 Kuko biranditse ngo: " Ndiho, Ni ko Umwami arikugamba " amavi gose gakampfukamire, kandi buri rurimi rukahimbaze Imana. 12 Guco, buri wese muri twebwe akatange i raporo ye imbere y' Imana. 13 None rero, tutayongera gucirana imanza ahubwo, twiyimeze ibi: hatagira umuntu ashira ibuye ryo kugusha cangwa umutego mu nzira ya mwene se. 14 Ndazi kandi nemejwe mu Umwami Yesu ko nta kintu kibi ubwaco, keretse kuri uwo ubonaga ko ibintu yose ari bibi. 15 Niba kubera ibiryo mwene so ababaye, ni ukugamba ngo ntaho urikugendera mu urukundo. Kubera ibiryo utarimbura uwo Kristo yapfiriye. 17 Mutayemera ko imirimo yanyu iba ibiciro by' imigani. 16 Kubera ko Ubwami bw' Imana atari kurya no kugnwa ariko n' ukuri, amahoro n' umunezero mu Umwuka wera. 18 Kuko ukoreraga Kristo muri ubwo buryo abonereye Imana kandi akemerwa n' abantu. 19 Kuri ibyo, dukurikize ibintu bizanaga amahoro n'ibintu byo kubakana. 21 Mutazambaguza umurimo gw' Imana kubera ibiryo. Kubwo rero, ibintu byose biraboneye ariko n' ibibi kuruwo muntu uryaga akahinduka ibuye ryo kugusha. 20 Ntaho ari neza kurya inyama cangwa kugnwa vino, cangwa ibindi byose bishobora kugusha mwenye so. 22 Iyo mwizererer idasanzwe yo ufite, uyigumanire weho n' Imana yawe. Hahirwa uticiraga urubanza kubera yiyemereraga. 23 Naho ushidikanayaga abaga aciriwe imanza iyo ariye, kuko ko ataryane kwizera; kandi ibintu byose bidaturutse mu ukwizera ni icaha.