Iroma 13

1 Buri muntu muri mwebwe agomba kubaha ubutegetsi kubera ko ubutegetsi bwose buvaga ku Imana. Na abategetsi bariho bashizweho n' Imana. 2 Kubwo ibyo, abadashaka kubaha baba barigupingana n' Imana kandi abapinganyi baba barikwikururira urubanza rw' Imana kuri bo. 4 Ntaho abategesti bashizweho kugira ngo bahane ibikorwa biboneye, ariko guhana ibibi. Mbesi ntabwo mushaka kugira ubwoba bw'abategetsi? Nimukora neza muzashimwa. 3 Kuko n'abakozi b' Imana kugira ngo mumerwe neza. Ariko ni mukora ibibi, muzagire ubwoba muzi neza ko ntaho ari k' ubusa bahewe ubushobozi bwo guhana. 5 Nico gitumaga,mugomba kubaha, atari kubera gutinya ibihano, ariko muyoborwe n'ubwenge byo kwibutsa. 7 Kubwo iyo mpamvu, murihe imisoro. Kubera ko abategetsi nabo ni abakozi b' Imana kandi babaga amaso kuri ibyo bintu. 6 Muhereze buri muntu ikimukwiriye, murihe ibitansi kubo ababishinzwe, n' imisoro ya Leta. Abakwiriye icubagiro mukibahe. 8 Ntimugire ideni ry' umuntu keretse gukundana mwebwe kuri mwebwe kuko ukundaga mugenzi we abaga yujuje itegeko ryose. 9 Biranditswe ngo: " ntikasambane, ntukibe, ntukagire irari, n' ibindi byaha bibagaho, ariko ibyo byibumbiye mu ijambo rimwe: " uzakunde mugenzi wawe nkuko wikundaga." 10 Urukundo ntabwo rurababazaga mugenzi we, nico gituma uruko ariryo rusohozaga amategeko gose. 11 Kubera ibyo, mumenye ko igihe kigeze co kuva mu itiro no gusinzira, mukaba maso, kandi agakiza kacu kari hafi buno kurusha igihe twizeye mbere. 12 Ijoro rirashize, umusi guregereje, twikureho ibikorwa byose byu umwijima, twambare intwaro z' umuco. 13 Tugende uko bikwiriye. Abantu bate kugenda mu amanjwa, atari mu birori bikomeye, no mu businzi, no mu irari ryo gusambana, no kwifuza kurenze urugero no guhiganwa cangwa ishari. 14 Ni mwambare rero Yesu Kristo, twe kwita ku imibiri y' igihe gito no kwifuza kwaryo.