2 Timoteo 2

1 Weho mwana wanje wikomeze mu ubuntu buri muri Yesu Kristo. 2 Nibyo wumvise kuva kuri njewe imbere y' abahamya benshi ubihereze abantu b' ukuri, babonereye nabo kubyigisha abandi. 3 Ubabare hamwe nanje nk'umusoda mwiza wa Yesu Kristo. 4 Nta musoda ushobora kuja mu ibyo buzima busanzwe niba ashaka gushimisha uwamuhaye akazi. 5 Umukinnyi wirukakaga ntabyo ashobora gutsinda no guhabya umushahara atararwanye akurikije amategeko. 6 Birakwiriye ko umuhinzi akora mbere yo gusarura amatunda. 7 Umenye ibyo ndikugamba kubera Umwami Azaguha ubwenge mu bintu byose. 8 Wibuke Yesu Kristo, wo mu muryango gwa Daudi, wazutse mu bapfuye, ukurikije ubutumwa buboneye 9 bwo ndigutesekera kugeza aho ndi mu mugozi nkaho ndi umukozi w' ibibi, ariko Ijambo ry' Imana ntaho riboshwe 10 Ni co gituma nihanganiraga byose kubera abatoranyijwe kugira nabo babone agakazi kari muri yesu Kristo hamwe n' ubwiza budashira. 11 Rino jambo niry' ukuri, niba twarapfuye nawe, natwe tuzabaho hamwe nawe. 12 Nitwihangana tuzategeka nawe. Nitumuhakana nawe azadukana. 13 Ni tuba tutari abizerwa, we azahora ari uwezerwa kuko adashobora kwihinduka. 14 Wibutse aga magambo, ubihanangirize imbere y' Imana ko birinda amahane aturutse ku magambo go kuzambya ubuzima bwa ababyumva. 15 Wihanganire kugaragara imbere y' Imana nk' umuntu wemewe, umukozi utagira isoni, kandi urikwigisha Ijambo mu nzira iboneye. 16 Wirinde amagambo atagira umumaro, y'abapagani, kuko ababyumva bakomeza burimusi kuba abatizera. Kandi amagambo yabo aryana nku uburwayi bubi cane. 17 Muri bo hari Himenayo na Fileto, 18 batorotse bava mu kuri, bigisha ko kuzuka byamaze kugera, kandi ibyo bigahindura kwizera kw'abantu. 19 Icakora, urufatiro rukomeye rw'Imana, ntabwo runyeganyegarwanditseho ikikimenyetso ngo; Umwami azi abantu be; kandi umuntu wese uvuga izina ry'Umwami, atandukane n' ibibi. 20 Munzu nini ,ntabwo harimo ibikoresho by'izahabu n'ifeza gusa, ahubwo harimo n'ibyibiti, n'iby'ibumba, bimwe by'icubahiro, ibindi bisuzuguritse. 21 None niba umuntu yiyeza, akitandukanya n'ibibi, azaba abaye igikoresho chejejwe,gikwiriye nyiraco gukora imirimo myiza. 22 Nuko hunga irari ry'abasore kandi ushake ukuri, kwizere, urukundo, amahoro, hamwe n'abahamagara izina ry'umwami, n'umutima uboneye 23 Wange impaka z'ubusazi zitagira akamaro, umenyeko zibyaraga amahane. 24 Kandi sibyiza k'umukozi w'Imana agira amahane, ahubwo akwiriye kuba umunyaneza kuri bose, agakunda kwigisha afite kwihangana. 25 Akagaruruza n'ubugiraneza abamwanga, mubyizero ko Imana ishobora kubaha kwihana ngo bagarukire ubwenge bw'ukuri. 26 Ubwo, bagarutse, babe babohotse mu mitego y'umwanzi, yariyarabafashe, kugira ngo abakoreshe mubyo ashaka