Isura 10
1
Nuko nabwenye uwundi malaika w'ingufu, yari ari kugogoma avuye mu ijuru, yari atwikiriwe n'igihu,yari afite umukororombya hejuru y'umutwe gwe, mu maso he hari harikwerereza nk'izuba,n'ibirenge bye byari bisana nk'inkingi z'umuriro.
2
Mu intoke ze yari afite agatabo gato gafunguye. Ashinga ikirenge ce c'iburyo hejuru y'ingezi, n'ikirenge ce k'ibumoso k'ubutaka.
3
Yabira n'ijwi rireyi, nkuko intare itontomaga. Igihe yari irigutontoma, humvikana amajwi arindwi g'inkuba. Izo nkuba zirindwi zimaze kumvikanisha amajwi gazo,
4
nari ngiye kwandika; maze numva ijwi mu juru ririkumbwira ngo: "Shira ikashe kuri ibyo inkuba zirindwi zagambire, ariko were kubyandika.
5
Kandi malaika nari nabwenye ahagaze ku ngezi no k'ubutaka, yarambuye ukuboko kwe kw'iburyo hejuru,
6
nuko arahirira mu Uhoragaho ibihe byose, waremye ijuru n'ibintu birimo, isi n'ibintu birimo, ingezi n'ibiyirimo, yuko hatazongera kubaho ibihe.
7
Ariko, ku misi y'ijwi rya malaika wa karindwi, igihe akapige ingunga, ibihishwe bw'Imana bukasohore, nkuko yabimenyesheje kunyururira m'ubanuro bw'abakozi bayo.
8
Rya jwi nari numvishije mu juru, ryayongeye kungambisha ngo : " genda ufate agatabo gato gafunguye kuva mu intoke za malaika uhagaze ku ngezi no ku butaka". Nuko ndagenda, ngana aho malaika yari ari, ndamubwira ngo ampe ako gatabo.
9
Nuko arambwira ngo : "Gafate, maze ukamire bunguri; kakagusharirire mu nda ariko mukanwa kakakuryoher nk'ubuki.
10
Nafashe ako gatabo, nuko ndakamira, mu kanwa kanje kari karyohoreye nk'ubuki, ariko munda huzuramo ubusharire.
11
Hanyuma barambwira ngo :" birakwiriye ko wongera guhanurira abantu kangari, amahanga, indimi n'abami, amoko kangari.