Isura 1

1 Yuda , umugaragu wa Yesu Kristo kandi mwene wabo wa Yakobo , ndabandikiye mwewe mwahamagewe, bakundwa muri mu Mana Data wacu twese , mwarinzwe ngo mubere aba Yesu Kristo. 2 Mwongererwe imbabazi n'ituze n'urukundo. 3 Abo dukunze, igihe nakoreshagaa ingufu zose ngo mbandikire ibyerekeye agakiza kacu twese, byambereye ngombwa ko nabongerera ingufu kugira ngo murwanirire kwizera ko intungane zahewe rimwe ibihe byose . 4 Kuko hariho bamwe banyomborotse bakabihishamo , babandi banditseho ikimenyetso co gutsindwa : " N'abantu batumviraga Imana, bahinduraga ubuntu bw'Imana bakabuhinduramo ibiteye isoni bakahakana Umukuru wacu ariwo Umwami Yesu Kristo . 5 None rero ndenda kubibutsa , naho byose hariho ikindi gihe mwabimenye neza, yuko Umwami Imana amarire gukiza ubwoko bwa Israeli no kubakura m'ugihugo ca Misri , hanyuma yarimbuye abatizeye . 6 Na malaika bayangire kuchunga ubutware bwabo , ahubwo bakahunga uburaro bwabo, yabafungiye mu pirizo ya buri musi no mu muyobe barindiriye urubanza rwa gwa musi gukomeye. 7 Niko ibyabeye kuri Sodomu na Gomora n'imigi yari ihazungurukire, uko nabo bitanze , bakiha m'ubusambanyi , no gusohozana mu buryo imibiri bitaremewe , iyo migi yashiriwe ho kuba imifano abose bakahanwe ibihe byose. 8 Guco niko n'ababandi barotaga barikuzambaguza imibiri yabo , bakanga gutegekwa , bakanegura abakwiriye icubahiro . 9 Nyamara Mikaeli , malaika mukuru, igihe yatonganaga na satani barikwanira umubiri gwa Musa , ndo yapimye kumucira urubanza no kumuvuma , ahubwo yamubwiye ngo : " Umwami Mana aguhane ". 10 Ariko abo bantu batukaga ibyo batiji n'ibyo batari kumva. Kandi ibyo bamenye, babimenyeshejwe n' ubwenge bwa kamere by' ibisimba bitiji ikintu, nibyo byabitire. 11 Ibyago bikabagweho, kuko bifashe nga Kaini , bibera inzerezi , bayiyinjije mu byaha bya Balamu baragushaka ifaida zitagira akamaro kandi bose bakashire kubera bayemeye ububwa bwa Kora . 13 12 14 Enoki wa karindwi ku mustari utangiriye kuri Adamu, yababuriye kuri ibyo, arikugamba ngo : Nguwo Umwami aikwija hamwe n' umunyika gwa malaika, ngo abagwisheho urubanza bose. Arikwija ngo yemeze abatumviraga Imana ku byerekeye ibyo bakoraga mu naira zidakwiriye, ku byerekeye ibibi byo abanyabyaha bakoreraga hambere ye. 16 Abo n' imbibuzi zidashimaga, abakurikiraga ibyifuzo byabo bibi.No abirasi, baberagaho barikuryarya abandi ngo babarye ibyabo. 17 Ariko mwewe abo dukundaga , mwibuke amagambo intumwa z'Umwami wacu Yesu Kristo zagambire ; 18 uko bababwiye ngo : Mugihe co hanyuma hakabeho abasekanyi bakagende barigurikira kwifuza kwabo kudahuye n' ubushake bw' Imana. 19 Abo nibo bazanaga kwirema ibice ; n'abantu bategekwaga n'ibyifuzo byabo, ndo bakoreshwaga n' Umwuka . 20 Ariko mwewe, abo dukundaga , mwiyubake ku kwizera gutungenye cane, kandi uko mugusabira m' Umwuka Gutungenye , mugumye gukundana nk'abana b'Imana , 21 kandi murindire imbabazi z'Imana Yesu Kristo zitumaga tubona ubuzima buhoragaho. 22 Mupfire imbabazi abatiji ibyo barimo. Mukize abandi murikubakura m'umuriro . 23 Ku bandi mubereke imbabazi murigutitira , muriguta kure imyenda iriho imicafu z'umubiri . 24 Ku mwisho,wa wundi ukabarinde ngo mwere gusitara, wa wundi ushobweye kubahagarika hambere y'ububonere bwayo mudafite igiseko , ahubwo mwifitiye ibyishimo kangari, ariwe Mana imwe yonyine , 25 kandi ariyo Umukiza anyuriye muri Yesu Kristo Umwami wacu ahabwe icubahiro, ubutware n'ingufu, gutangirira kera, buno, n'ibihe byose , Amen .