Isura 43

1 Injara ikomeye gukomera muri Kanani 2 Ingano zo abana ba Yakobo babwiye mu Misri zishirire, she arababwira ngo, nimusubire yo mudahahiire ibyo kurya. 3 Yuda aramusubiza ngo, wamugabo yatugihanangirize ngo, ndomukayongere kumbinguka mu mesho mutazenye na mutoya wenyu. 4 Nureka tukagendana na mutoya wetu, turagendana tuguhahire ibyo kurya. 5 Ariko mutamwohereza ndatukajeyo kuko uwa mugabo yatubwiye ngo: ndomukayongere kumbikuka mu mesho mutazenye mutoya wenyu. 6 Yakobo arababza ngo: kuberaki mwambemukiye mukamubwira ko mufite undi wo mwavukenye? 7 BBaramusubiza ngo, yatubarize ibibazo byinji ku mibereho yetu bwite na ku miryango yetu ngo. sho anariho? Hariko undi wo mwavukenye wo mufite? natwe dusubiza ibyo atabarize gusha ndotwori kumenya ko akadutegeke kujana mutoya wetu. 8 Yuda abwira she Israeli ngo, nyohereze nuwo muhungu turahaguruka tugende tubeho tudapfa nabana betu. 9 Ndamugushingiye ukamumbaze nindamukuzanira ngamukugezaho. Ngabe ngukoreye ikosa ritakamveho ibihe byose. 10 Iyo tudatinda, nyiji ko none tubo tugarukire ubwa kabiri. 11 She Israeli aramubwira ngo kuva bimeze guco mugende guza, mujane mu mufuka yenyu imbuto za kino gihugo, zisumba izindi kuba nyiji muziture uwo mugabo, mujane umuti go Komora nubuki bunyor, n'ibindu zihumuraga neja, nibindi byija. 12 Kandi mujane ifeza n'ibindi bingano nazo, nifeza gagarukire mu mifuka yenyu muzisubizeyo, wenda nukwibagizwa kwatumire zigaruka. 13 Mugende na mutoya wenyu, muhaguruke musubize kuwo mugabo. 14 Imana ishobweye byoshe ibabe kubabarirwa nawe ngo babbabohorere mwene sho wundi na Benyamini nanje niba bikwiriye ko mba injike ngabeyo. 15 Ba bagabo bafata ago maturo bajana ifeza nibirengeriho bingano nazo, bagenda na Benyamini barahaguruka bararindimuka baja mu Misri bahagarara imbere ya Yozefu. 16 Yozefu arebire Benyamini ari hamwe nabo, abwira icegera ce ngo ingiza abo bandu munju yanje, ubage utegure ibyo kurya byo turasangirira hamwe imutaga. 17 Uwo mugabo akora ibyo Yozefuu yamutegekire, yingiza abo bagabo munju ya Yozefu. 18 Baratinya kuko yabingize munju ya Yozefu baragamba ngo ifeza zagarukire mu mifuka yetu igihe co twayijaga imbere yawe, nizo zitumire batwinginga ngo adushakeho imbavu adufate atujane ni ndagoba zetu tube abakozi be. 19 Bareba ca cegera ca Yozefu baganirira naco kumuryango ngo 20 Data buja, mbere twamanukire tuja guhaha. 21 Tugerire aho tworeye tuhambura imifuko yetu, umundu woshe ashanga ifeza ye iri mumuufuka gwe, ifeza zetu dushanga zingana uko zanganaga none turazigagwiye. 22 Kandi tuzenye izindi feza zo guhaha, ndotubiji uwashubije mu mifuko yetu. 23 Araba subiza ngo mushitse imitima munda mutatinya, Imana yanyu Imana ya sho niyo yabahiriye ubukire mumifuka, nyewe ho ifeza zenye nazishikiiriye akuramo Simeoni aramubazanira. 24 Nuko wa mugabo yingiza abo bagabo munju ya Yozefu, abaha amazi bakaraba ibirenge arisa ni ndagoba zabo. 25 Bakusanya amaturo kugirango Yozefu ayija imutaga ashange bagitegwiye kugamutura kuko bari bayumvisije yuko barashangira bagitegwiye kugamutura, kuko baari banyumvishije yuko baracagira hamwe nawe. 26 Yozefu atahire bamushangisa munju amaturo go bazenye, bamugikubita imbere bapfukamire. 27 Ababaza uko bari kandi ngo sho aracakoma, wa mushaja mwagambaga anariho? 28 Baramusubiza ngo data umukozi wawe ni muzima anariho barunana bagikubita hasi. 29 Arambura amesho areba Benyamini mutoya we, mwene nyina aramubaza ngo, uwani wo mutoya wenyu wa mwambwiraga? Maze aramubwira ngo, Imana ikugirire neja mwana wanje. 30 Yozefu agihata kugenda, kuko umutima gwe gwari gukumbwiye mwene nyina, ashaka aho yaririra yingira munju haruguru ayiririramo. 31 Akaraba mu mesho aragaruka, arakiyumanganya aragamba ngo nimutahure ibiryo. 32 Bamuha ibiryo yenyine na bene she babaha ibiryo ukwabo na banye Misri bashangiraga na baheburayo kuko byari bitewe ku banye Misri. 33 Bikara imbere ye, bikazwa uko bakurikirana umwana wa mbere uko bakurikirana, nu mutoto uko ubutoto bukurikirana. Baganira bari gutangara. 34 Yozefu ategeka babazanira ibiryo byari biri imbere ye, ariko ibiryo bya Benjamini bisumba ibyabo gatanu baranywa bagishimana nowe.