Isura 34

1 Nyuma y'ibyo :Dinaumuhara na lea wo yabyaranye na Yakobo ,aragenda aja kwwoba abahara bo muri ico gihugu. 2 Sekemu umuhungu na Homori umuhivi umukuru wico gihugo aramubona aramufata aryamana nawe kungufu. 3 Umutima gwe guja kuri Dina aramukunda cane,atangira kumubwira amagambo go kumubembeleza kugira ngo atuze. 4 Sekumu abwira ise Hamori ngo:Utangire imali kuri wuno muhara abe umugore wanje. 5 Yakobo yumva amakuru ko bajambiye umuhara we,abahungu be bari bagie kuragira kure,arahora arindira ko abo bahungu be bataha. 6 Hamori papa wa Sekumu aragenda aja kureba Yakobongo baganire kubyabaye. 7 Abahungu ba yakobo bava kuragira bageze murugo bunva abyabaye nuko abantu bose barakaye nabo barababara kunva ko mushiki wabo Dina bamubatse kandi ico nikizira muri Isiraeli. 8 Hamori agambana nabo ngo:Umuhungu wanje Sekumu yakuze umuhara wanyu none muntegeke mbareheze i mali abe umugore we. 9 Sasa muribubireba gute?muduhereze abahara banyu tubasohoze natwe tuzabahereza abahara bacu mubasohoze. 10 Kandi tuzabana muri kino gihugu ,muzakora ico mushaka,guhinga no gucuruza muzabe abakire. 11 Sekumu abwira sebukwe nabaramu be ngo:Ningirirwa ubuntu mu maso gamyu mukampereza uyu muhara wanyu ico mushaka cose ndakibahereza. 12 Ni mushaka musabe i mali incuro ijana ni zawadi akangari ndabitanga ariko mwemere Dina abe umugore wanje. 13 Abahungu ba Yakobo basubiza Hamori ma muhungu we Sekumu bitavuye kumutima kubera ko bakoze ikizira muri Isiraeli,mushiki wabo Dina baramubaka. 14 Barabasubiza ngo:Ntaho twotanga umuhara wacu ngo asohozwe nabatakaswe,kubera niteye isoni kuri twene. 15 Tumanzedupatane kwanza ,mube nkatwe,buri mugabo iwanyu akatwe. 16 Niho twobohereza abahara bacu,natwe tugasohoza abanyu,tugatura hamwe tukaba ubwoko bumwe ntakibazo. 17 Ariko nimutumva ibyo tubabwiye mukanya gukatwa ,turabaka umuhara wacu,natwe ndotukabane namwe. 18 Ago magambo gashimisha Hamori na Sekumu. 19 Umusore Sekumu ndoyaratinze gukora ibyo bamubwiye kubera gukunda cane umukobwa wabo Dina,Sekumu baramuhishimiraga kurusha bose mu munzu ya se Hamori. 20 Hamori n'umuhungu we Sekumu baragenda bageze ku muryango gumugi bahamagara abantu bose nokubabwira ngo: 21 Bano bantu n'abanyamahoro kuri twe ,mubareke bakore ibyo bashaka nahinge bacuruze kandi igihugo ni kinini kiradutosheje,dusoheze abahara babo natwe tubahereze abacu. 22 Ariko twakowe nabo amapatano ngo nidushaka kubana nabo ,tumanze dukatwe nkuko nabo bose bakswe. 23 Inka n'amatungo gabo n'imali yabo nibyacu ndo twokena tubafite tugomba gupatana nabo no gutura hamwe. 24 Abantu bose baribaje ku kubasanganira ku muryango g'umugi barabyemera,abagabo bose barakatwa bakurikija ibyo Hamori na muhungu we Sekumu bababwiye. 25 Hashize imisi itatu ,abahungu babiri ba Yakobo,Simeoni na Lawi bagira umujinya nagahinda kubera Dina mushiki wabo,bafata imipanga bwihishwa baragenda nijoro abagabo hafi bose. 26 Bica Hamori na Sekumu kuberaumujinya bafata Dina mushiki wabo bamusubiza iwabo. 27 Abahungu ba Yakobo,baragenda bazunguruka umugi baragufata baturamo barayishurira kubyo bakoreye Dina. 28 Bafata ibyabo byose:Inka,intama ni unda zabo n'ibintu byose byabo byari biri mumugi n'ibyari biri mu mirima byose. 29 Abana babo,n'abagore babo babagira abapirizoniye b'i vita,baja gusarura byose byari biri mumurima. 30 Yakobo abwira Simeoni na Lawi:Munkjeje isoni mugize kinuko muri kino gihugo,muratuma Abanyakanaani n'Abaperesi biyishurira kandi murabizi ko twene turi bakeya baje botumara nanje bakanyica. 31 Bramusubiza ngo:Kubera iki bashatse kugira umushili wacu umumbaraga?