Isura 9

1 Nuko ibyo byose birangiye amatware baranyegera, barambyira ngo : Abisiraeli, n'Abatabyi, n'Abalewi ndibitandukanije n'abantu bo mu bihugu ahubwo bagakora ibizira byabo ibya banyakanani niby'Abaheti niby'Abafarezi niby'Abayebusi niby'Abamoni niby'Abamoabu, niby'Abanyegiputa niby'Abamori. 2 Nkuko kubwabo birongoreraga abakobwa babo bakabashingira n'abahungu babo bigatuma urubyaro rwe rwera gwivanga n'abantu bo buribyo bihugu; ndetse n'Abatware, n'abanyamategeko nibo barushijeho gucumura muri byo. 3 Maze numvise ibyo shishimura umwambaro n'umwitero wanjye n'impfura imutsatsi kumutwe, nicara numiwe. 4 Aho nari ndi hataranira abantu bose bahindishijwe imishitsi n'amagabo y'Imana y'Isiraeli kubwo igicumuro cya bavuye mu bunyage, ngumya kwicara numiwe ngeza igihe co gutura kwa nimugoroba. 5 Ituro rya nimugoroba rituwe, mbaguruka aho narindi nibabaje, umwambaro wanjye n'umwitero wanje byari bishishimutse mbera ko nkubita amavi hasi ntegera amatwi Uwiteka Mana yanjye kubiganza; 6 Ndavuga ngo: Ahi Mana yanjye konzwe n'isoni mu maso yanjye haratugengereza; bimbuza kukuburiraho amaso, Mana yanjye kuki ibicumuro byacu bigwiriye bikaturengerana, dutsinzwe n'imanza yinshi, zarundanijwe zikagera mwijuru. 7 Uhereye mu bihe bya basogokuruza twagibwagaho nurubanza rukomeye cyane na bugingo n'ubu kandi bicumuro byacu nibyo byatumye dutanganwa n'aba'i bacu n'abatambyi bacu tugahabwa abami bo mubindi bihugu; tukicwa ningota tukajanwa turi mbohe, tukanyagwa tugakorwa n'isoni nkuko bimeze ubu. 8 Ariko noneho muri uyu mwanya muto Uwiteka Imana yacu yerekanye imbabazi zayo idusigarije igice cya bantu cirokotse, indushirije ingabo ahera hayo kugira ngo ihwejeshe amaso yacu iduhamurize ubuhoro mu muretwa bwacu. 9 Erega ni tur'abaretwa ko ariko Imana yacu ntiduhanye muburetwa bwacu ahubwo idusaguriye imbabazi zayo imbere y'Abami b'i Peresi araduhumuriza tubak'insu y'Imana yacu; kandi ngo dusane ahasenyutse hayo ngo iduhe n'inkingi . idukikije ibuyuda n'i Yerusalemu. 10 None ho Mana yacu ibyo ko byarangiye turavuga iki kandi ko tweretse amategeko yawe. 11 Wategekeye mu bagaragu bawe babahanuzi kuvuga ngo igihugu mujya mo ngo mugihindure n'igihugu cyandujwe no gukiranirwa n'ibizira bikorwa n'abanya mahanga bo mubihugu, macujuje imyanda yabo hose irasangana. 12 Kandi ngo nuko rero ntimuzashingirane nabo kandi nti muza bashakire amahoro cyangwa kugubwa neza iminsi yose kugira ngo mubabantu bakomeye, murya ibyiza byo mugihugu muzakiraga abana banyu bii gakondo yab'Iteka byose. 13 None rero ubyo ibyo byose bitugeze ho, tukagibwaho nurubanza rukomeye turiza ingeso zacu mbi, kandi none Mana yacu, ukaba uduhanye igihano kitahwanye nibicumuro byacu ukadusigirariza igice kingana gityo. 14 Mbese twakongera gutsa mu mategeko yawe tugashingirana n'Abanya mahanga bakore ibyo bizira ntiwaturakarira, ukagera aho wazaturimbura, ntihagire n;igice kirokoka cyangwa ucika kw'icumu. 15 Uwiteka Mana w'Isiraeli niwowe ukiranuka kuko twebwe dusigaye turi gice kirokotse nkuko bimeze ubu; dore tur'imbere yawe turiha urubanza ibyo nibyo bituma tutabasha guhagarara imbere yawe.