Isura 8

1 Aba nibo batware b'amazu yabasekuruza kandi uko nuko kuvuka kwabo, abo twazamukanye tuvuye i Babuloni kungoma y'Umwami Aritazeruzi. 2 Muri bene Fenehasi ni Gerishomu, muri bene Itamari ni Danieli; Muri bene Daudi ni Hatushi. 3 Muri bene Shekaniya; muri bene Peroshi ni Zakaria, kandi yabanywe n'abagabo ijana na birongo itano, ukurikiranije imivukire yabo. 4 Muri bene Pahatimoabu ni Eliehoenai mwene Zerahiya, kandi uwo ari kumwe n'abagabo mana biri. 5 Muri bene Shekania, ni mwene Yahazieli, kandi uwo yari kumwe n'abagabo magana atatu. 6 Muribene Adini ni Ebedi mwene Yonatani; uwo yari kumwe n'abagabo miringo itano. 7 Muri bene Elamu ni Yeshaya mwene Ataliya nawe yari kumwe nabagabo mirongo iridwi. 8 Muri bene Shefatiya ni Zebadiya mwene Mikaeli nawe yari kumwe n'abagabo mirongw'inane. 9 Muri bene Yowabu ni Obadiya mwene Yehieli nawe yari kumwe n'abagabo magana aabiri na cumi n'umunane. 10 muri bene Shelomiti, ni mwene Yosifia nawe yari kumwe n'abagabo ijana na mirongo itandatu. 11 Muri bene Babai ni Zakaria mwene Bebayi nawe yari kumwe n'abagabo makumy'abiri n'umunane. 12 Muri bene Azigadi, ni Yohanani mwene Hakatani nawe yari kumwe n'abagabo ijana na cumi. 13 Muri bene Adoni-Kamu bo hanyuma, aya niyo mazina yabo, Elifeteli na Yeweli na Shemayi, nabo bari kumwe n'abagabo mirongo itandatu. 14 Kandi muri bene Bigivayi ni Utai na Zabudi nabo bari kumwe n'abagabo mirongo irindwi. 15 Abo mbateraniriza kumugezi ujya ahava tuhaca ingando tuhamara agatatu. Nitegereza abantu n'abatambyi nsanga nanumwe wo muri bene Lawi ubarimo. 16 Ntumira Eliezeri na Arieli na Shemaya na Elinatani na Yaribu na Elinafani na Natani na Zekaria na Mashulamu babakuru, kandi na Yoyaribu na Elinatani babigisha. 17 Mbatuma kwa Ido umushefu w'i Kasifiya; mbabyira ubutumwa bazabwira Ido na bene se baba Netinimu, aho babaga i Kasifia; ngo batwaoherereze abahereza b'inzu y'Imana yacu. 18 Ubwo ukuboko kwiza kw'Imana yacu kwari kuri twe, batuzaanira umugabo w'umnya bwenge wo muri bene Mahali mwene Lewi mwene Isiraeli, na Sherebia n'abahungu be na bene se, uko ari icumi n'umunani. 19 Na Hashabiya hamwe na Yesheya wo muri bwne Merari na bene se na bahungu babo uko ari makumy'abiri. 20 Nabo mu bene Tinimu abo Daudi na batware be batanze ngo bakore abalewi, abene Tinimu magan'ibiri na makumyabiri bose bavugwa mu mazina yabo. 21 Maze ntegereza kwiriz'ubusa aho ngaho kugw'uwo mugezi ahave, kugira ngo twicishe bugufi imbere y'Imana yacu ngo twiyoboze inzira zidutunganiye, twebwe n'abana bacu bato n'ibintu byacu byose. 22 Nuko nagize isoni zo gusaba umwami umutwe w'ingabo zab'asoda n'iz'abagandera kumafarasi ngo baddutabare kubabisha bacu bari munzira; kuko twari twavuganye n'umwami ngo; amaboko y'i Mana yacu arikubayishaka bose ngo abagirire neza ariko imbaraga zayo n'uburakari bwayo birwanya abaireka bose. 23 Kera nuko twi iriza ubusa dusaba Imana yacu tuyinginga yemere kutwumvira. 24 Maze ntora cumi na babiri mu batware babatambyi, Sheribiya na Hashabiya n'abandi cumi muri bene se. 25 Mbagerera ifeza n'izahabu n'ibintu byamaturo by'inzu y'Imana yacu, iby'Umwami n'abaja nama be na batware be n'abasoda be bari bahari bose batuye. 26 Nuko bagerera italanto z'ifeza magana tandatu na mirongo itano n'ibindu by'ifeza italanto ijana n'italanto z'izahabu ijana. 27 Nibyungu by'izahabu makumy'abiri byari dariki igihumbi n'ibikoreshwa bibiri by'imiringa myiza isenywe n'igiciro cyinshi g'ici zahabu ndabi bashikiiriza. 28 Ndababwira ngo: mwebwe muri abarejwe b'Uwiteka n'ibintu bikoreshwa nabyo n'ibyera, hamwe n'izo feza n'izahabu ni nturo batuye Uwiteka Imana ya basogokuru babikunze. 29 Mube maso mubirinde, kugeza ubwo muzabigereza imbere yabatware babatambyi n'abalewi n'abatware b'amazu y'abasogokuruza b'Isiraeli mu byumba byo munzu y'Uwiteka Yerusalemu. 30 Nuko abatamyi n'Abalewi bend'ifeza n'izahabu n'ibindi bintu uko indatira zabo zanganaga ngo babijane Yerusalemu munzu y'Imana Yacu. 31 Bukeye ku munsi wa cumi n'ibiri w'ukwezi kwa mbere, duhaguruka ku mugezi Ahava, tuje i Yerusalemu, ukuboko kw'Imana yacu kuba kuritwe idukiza amaboko y'ababisha, n'abaduciriye ico munzira. 32 Tugeze i Yesuralemu tuhamara gatatu. 33 Nuko ku munsi wa kana bager'i feza n'izahabu n'ibindi ibintu babigerera munzu y'Imana yacu tubishikiriza Neremoti mwene Uriya umutambyi ari kumwe na Eliyazeyeri mwene Fineasi kandi bari bafatanirije na Yozabadi mwene Yoshua na Nodiya mwene Binui ba balewi. 34 Byose barabimurika kumubare wabyo nindatira zabyo byari biri. Ico gihe indatira zabyo byose zirandikwa. 35 Maze abavukiye mu bunyage babuvamo batambira Imana y'Isiraeli ibitambo byotswa batambika cumi nibiri zigitambo cotswa ca b'Isiraeli bose. N'amasekurume y'intama mirongo urwenda n'itandatu n'abana b'indama mirongo irindwi n'abarindwi n'amasekurume y'i hene cumi n'abiri, ibi gitambo cyo kugarurwa co gukurwaho ibyaha ibyo byose byabahe igitambo cyosererwa uhoragaho. 36 Maze bashikiriza amatware b'Umwami n'ibisonga bye byo hakurya y'uruzi amategeko y'umwami n'abo bafasha abantu n'inzu y'Imana.