2 Yohana 1

1 Umuzehe, kuri Kuria, uwo nkundaga mu ukuri barobanuwe no ku abana be, ndaho ari njewe ubakundaga gusa, ariko nabamenyere ukuri bose. 2 Kubera ko ukuri guhora muri twebwe, kandi kuzaguma guhora natwe imisi yose. 3 Ubuntu, imbabazi n' amahoro bibe na twebwe biturutse ku Mana Data no kuri Yesu Kristo, Umwana wa Data, m' ukuri no m' urukundo. 4 Narishimye cane ko wasangire abana bawe bamwe bagenderaga m' ukuri, bagakurikiza itegeko twarahawe na Data. 5 Buno rero, ico ndigusaba, Kuria, atari ukuguha itegeka rishasha, ariko ni rya rindi ryo kuva ku mwanzo ko tugomba gukundana twebwe kuri twebwe. 6 Urukundo n' uko tugomba gutembera mu mategeko ge. Iri niryo tegeko tugomba , kandi mwararyumvise kuva ku mwanzo, kandi mugomba kurigenderamo. 7 Kubera ko ababeshi kangari bamaze kuza muri yino si, kandi bakanga guhamya ko Yesu atayijire mu mubiri. 8 Umeze gutyo n' umushakanyi na antikristo. Mwirinde rero, kugira ngo mutapoteza ibintu byo mwarakoreye, ahubwa mubone umushahara gwanyu. 9 Umuntu wose ugiye kure, ntahore mu nyingisho za Kristo, ntabwo afite Yesu.. Ariko umuntu wose ugumye mu nyigisho afite Data n' Umwana. 10 Niba hariho umuntu uzaza akabasanga atazanye zino nyigisho, mutazamukaribisha mu nzu zanyu kandi muziyangire kumuramutsa ngo "amahoro". 11 Kuko uzamugambira ngo " amahoro" azaba afatanyije nawe imirimo mibi. 12 Naho nari mfite byinshi byo kukwandikira, ntaho nashatse kubyandika ku urupapuro na wino. Ahubwo mfite ibyiringiro ko hariho igihe tuzagambana umunnywa ku gundi kugira ngo tugire ibyishimo byuzuye. 13 Abana ba mushiki wawe wachaguwe baragutasha.