1 Timoteo 5

1 Ntuzacahe bikomeye umusaza. Ahubwo umuhugure nkaho ari umubyeyi, ibutsa abasore nkaho ari bene so. 2 Abagore bakuze nkaho ari ba nyoko na abagore batoya nkaho ari bashiki bawe. 3 Wubahe abapfakazi nyabo. 4 Niba umupfakazi afite abana cangwa abuzukuru, bazabigishe mbere ya byose gutungana mu muryango wabo, no gukorera ababyeyi babao nkuko babyigishijwe, kuko ibyo ari byiza imbere y' Imana. 6 Umupfakazi nyakuri yiringira Imana kandi agahora arigusenga. 5 Ariko umupfakazi uba bu biboneyereye umubiri, yarapfuye naho arebekana nkaho ari muzima 7 Ubabwire aga magambo gose kugira ngo babe abo kwizerwa. 8 Niba umuntu adashoboye gucunga abo mu nzu ye, yararetse ukwemera agasubira i nyuma, arutwa nu muntu utarigeza kwizera. 9 Kugira ngo umupfakazi yemerwe mu bandi bapfakazi, 10 agomba kugira imyaka mirongo itandatu cangwa kururushaho kandi akaba yari atunzwe n' umugabo umwe gusa, abe yarakoze imirimo iboneye, yarareze neza abana, yakira abashitsi, yubaha abakristo, afasha abatishoboye, akora iciza chose. 11 Ariko wange kwandika abapfakazi bakiri batoya, kubera ko nibaha imibiri yawo mu ibyiza by' iyi si barikwitandukanya na Kristo, bachaguwe gusohozwa. 12 Bakaba biciriye urubanza kubera ko batubahirije amasezerano ya mbere. 13 Kubera ibyo, babuze ico bakora, bakajarajara barikuva mu inzu no kwijira mu yindi kandi bakagambagura amagambo gadafite akamaro. 15 None rero, ndashaka ko abapfazi bakiri batoya basohozwa, bagire abana, bacunge abuzu bwabo, kugira ngo badaha umwanzi akayira ko kudutuka ko turi mu nzira zitaboneye. 14 Kuko bamwe basubiye inyuma, bakurikira shetani. 16 Niba uwizeye ari umugabo cangwa umugore, abafashe, kugira ngo abapfakazi bataremera i kanisa, kandi naryo rizabona uko rifasha abandi bapfakazi badafite uwo kubafasha. 17 None rero nshaka ko abazehe bayoboraga neza babona icubahira kali kabiri cane cane abakoraga umurimo go kuhubiri no kwigisha. 18 Kuko Ijambo ry' Imana riragamba ngo, " ntugafunge umunnywa gw' inka irikurisha." kandi ngo" Umukozi akwiriye umushahara gwe." 19 Ntuzemere ko bakuregera umukuru keretse hariho abahamya babiri cangwa batatu 20 Kosora abakoze ibyaha ku mugaragaro, n'abandi bashaka gukora ibyaha, bagire ubwoba. 21 Ndakubwiye nkomeye imbere y' Imana ya Yesu Kristo n'abamalaika bataeranyijwe ngo ukurikize ibi bintu ngo utabikikira cangwa uce urwa kibera. 22 Ntukarambure ibinabiro ku muntu vuba vuba, kandi ntugakore ibyaha, ahubwo wirinde. 23 Ntukomeze kugnwa amazi gusa, ahubwo ugnwe vino nkeya kubera uburwayi bwawe bw' igifu no kutagubwa neza. 24 ibyaha by'abantu bamwe bigaragaraga mbere yuko bacirwa urubanza naho abandi, biza kumenyekana nyuma. 25 Ubundi, ibikorwa byiza biramenyekana, ni ibitamenyekana bizahishurwa.